Latest news
Inama itegura amatora mu Ntara y'Iburasirazuba yabaye tariki 03 Gicurasi 2024
Mu rwego rwo gutegura amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite ateganyijwe muri Nyakanga 2024, kuwa gatanu, tariki 03 Gicurasi 2024, Komisiyo...
Read moreAbanya Sudani y'Epfo bari mu rugendoshuri mu Rwanda basuye Komisiyo y'Amatora.
Itsinda ry'Abanya Sudani y'Epfo baturutse mu Ishyirahamwe ryAbanyamakuru (UJSS) bari mu rugendoshuri mu Rwanda,basuye Komisiyo y'Igihugu y'Amatora. ...
Read moreTHE RT HONOURABLE MINISTER FOR AFRICA OF HIS MAJESTY'S FOREIGN, COMMONWEALTH AND DEVELOPMENT OFFICE, ANDREW MITCHELL MP YASUYE NEC
Minisitiri w'Ubwongereza ushinzwe Africa, Commonwealth n'iterambere Rt. Hon. Andrew Mitchell ari kumwe n'Uhagarariye Ubwongereza mu Rwanda yasuye...
Read moreAmabwiriza agenga amatora ya Perezida wa Repubulika n'ay'Abadepite yasohotse mu igazeti ya leta
Amabwiriza agenga amatora ya Perezida wa Repubulika n'ay'Abadepite yasohotse mu igazeti ya leta
Aya mabwiriza niyo akubiyemo ingingo z'uko amatora...
Read moreGMO yasuye Komisiyo mu kurebera hamwe uko ihame ry'uburinganire ryubahirizwa mu matora
Kuri uyu wa mbere tariki 5 Gashyantare 2024, Urwego rushinzwe iyubahirizwa ry'ihame ry'uburinganire (GMO) ryasuye Komisiyo y'Igihugu y'Amatora mu...
Read moreAmahugurwa y'abazahugura abandi (ToT) ku matora yo muri Nyakanga 2024 yahuje Komisiyo y'Igihugu y'Amatora n'abafatanyabikorwa bayo
Mu rwego rwo gutegura amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite ateganyijwe mu Rwanda muri Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yateguye...
Read moreImyiteguro y’Amatora yaratangiye : Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yasuye ibiro by’Itora aho biri mu gihugu hose
Kuva tariki 17 kugeza ku ya 23 Ukuboza 2023, abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora basuye ibiro by’Itora bizifashishwa mu matora ya Perezida wa...
Read more