Latest news
Bugesera na Kayonza: hatowe abayobozi bungirije bashinzwe imibereho myiza y’Abaturage
Uwiragiye Pricille niwe watorewe kuba Umuyobozi wungirije w’akarere ka Bugesera ushinzwe imibereho myiza y’abaturage ku majwi 84,1% naho Madamu...
Read moreAbakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora barahugurwa ku butabazi bw’ibanze
Niba uri mu gikorwa cy’amatora, umwe mu baje gutora cyangwa undi wese akagira ikibazo gituma ubuzima bwe bujya mu kaga, wabyitwaramo ute? Iki ni...
Read moreAmatora yo kuzuza mu Turere twa Kayonza na Bugesera yagenze neza
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ikomeje igikorwa cy’amatora yo kuzuza imyanya itorerwa itarimo abantu. Nyuma yo kuzuza imyanya yo mu Nama Nkuru y’Igihugu...
Read moreAmatora yo kuzuza inzego arakomeje
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora iri mu gikorwa cy’amatora yo kuzuza imyanya itorerwa itarimo abantu kubera impamvu zitandukanye zirimo kuba baratorewe...
Read moreAbagore biyamamariza kuzajya mu Nteko Ishinga Amategeko basobanuriwe uburyo bazitwara mu matora
Abagore bahatanira kuzajya mu Nteko Ishinga Amategeko bahawe amabwiriza y’uko bazitwara mu gihe cyo kwiyamamaza. Iki gikorwa cyakorewe mu Ntara zose...
Read moreKIA yunguranye ibitekerezo n’Abakandida depite
Mu rwego rwo gusangira ibitekerezo ku migendekere myiza y’amatora, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yahuye n’abakandida depite.Mu nama bagiranye taliki ya...
Read moreAbakozi ba kaminuza basobanuriwe ibijyanye n’amatora y’Abadepite
Mu kiganiro Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangiye muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (NUR) taliki 14 Kanama 2013 Komiseri muri Komisiyo y’Igihugu...
Read more