Latest news

Bugesera na Kayonza: hatowe abayobozi bungirije bashinzwe imibereho myiza y’Abaturage

Uwiragiye Pricille niwe watorewe kuba Umuyobozi wungirije w’akarere ka Bugesera ushinzwe imibereho myiza y’abaturage ku majwi 84,1% naho Madamu...

Read more

Abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora barahugurwa ku butabazi bw’ibanze

Niba uri mu gikorwa cy’amatora, umwe mu baje gutora cyangwa undi wese akagira ikibazo gituma ubuzima bwe bujya mu kaga, wabyitwaramo ute? Iki ni...

Read more

Amatora yo kuzuza mu Turere twa Kayonza na Bugesera yagenze neza

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ikomeje igikorwa cy’amatora yo kuzuza imyanya itorerwa itarimo abantu. Nyuma yo kuzuza imyanya yo mu Nama Nkuru y’Igihugu...

Read more

Amatora yo kuzuza inzego arakomeje

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora iri mu gikorwa cy’amatora yo kuzuza imyanya itorerwa itarimo abantu kubera impamvu zitandukanye zirimo kuba baratorewe...

Read more

Abagore biyamamariza kuzajya mu Nteko Ishinga Amategeko basobanuriwe uburyo bazitwara mu matora

Abagore bahatanira kuzajya mu Nteko Ishinga Amategeko bahawe amabwiriza y’uko bazitwara mu gihe cyo kwiyamamaza. Iki gikorwa cyakorewe mu Ntara zose...

Read more

KIA yunguranye ibitekerezo n’Abakandida depite

Mu rwego rwo gusangira ibitekerezo ku migendekere myiza y’amatora, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yahuye n’abakandida depite.Mu nama bagiranye taliki ya...

Read more

Abakozi ba kaminuza basobanuriwe ibijyanye n’amatora y’Abadepite

Mu kiganiro Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangiye muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (NUR) taliki 14 Kanama 2013 Komiseri muri Komisiyo y’Igihugu...

Read more

Related Links