Amakuru

NEC yakiriye Komiseri Musonera Gaspard inashimira bane bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru .

Bwana Musonera Gaspard uherutse kugirwa Komiseri muri Komisiyo y’Igihugu y’amatora (NEC) yarahiriye kurangiza neza inshingano ze.

Hakozwe Amahugurwa y’abakorerabushake bo mu Mujyi wa Kigali ku bijyanye  n’uruhare rwabo mu bijyanye n’Indangamuntu koranabuhanga.(E-ndangamuntu)

Komisiyo y’Igihugu y’amatora iri guhugura Abagize Komite mpuzabikorwa z’uburere mboneragihugu ku matora

Amahugurwa y’abakorerabushake b’amatora yasojwe

Hatangijwe Igikorwa cyo kwemeza imyirondoro y’abaturage, no kubafotora kugirango bazahabwe E-ndangamuntu

Inama ku ihuzwa ry’ibikorwa by’ikosora rya lisiti y’itora n’itangwa ry’indangamuntu ikoranye ubuhanga (E-ndangamuntu.)

Abadepite mu Nteko ishinga amategeko ya Liberia basuye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora.