Latest news
Abayobozi bungirije b’akarere ka Rusizi batowe
Hari hashize igihe kigera ku mezi 3, Akarere ka Rusizi katagira abayobozi bungirije kuko beguye ku mirimo yabo. Abo bayobozi ni umuyobozi w’akarere...
Read moreAbahatanira kuba Abanyanama mu Mirenge ya Nkombo na Nyakarenzo bari mu gikorwa cyo kwiyamamaza
Nyuma y’aho bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’akarere ka Rusizi beguriye ku mpamvu zabo bwite, ubu Komisiyo y’Igihugu y’Amatora iri mu myiteguro yo...
Read moreAbanyamakuru n’Abanyapolitiki bashoje amahugurwa ya BRIDGE
Ku bufatanye hagati ya Komisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC) n'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Majyambere (UNDP), Abanyamakuru n’abari...
Read moreAbagize imitwe ya politiki n’Abanyamakuru barahabwa amahugurwa ya BRIDGE
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC) n'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Majyambere (UNDP)bateguye amahugurwa ku bantu 25 bahagarariye imitwe ya...
Read moreBugesera na Kayonza: hatowe abayobozi bungirije bashinzwe imibereho myiza y’Abaturage
Uwiragiye Pricille niwe watorewe kuba Umuyobozi wungirije w’akarere ka Bugesera ushinzwe imibereho myiza y’abaturage ku majwi 84,1% naho Madamu...
Read moreAbakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora barahugurwa ku butabazi bw’ibanze
Niba uri mu gikorwa cy’amatora, umwe mu baje gutora cyangwa undi wese akagira ikibazo gituma ubuzima bwe bujya mu kaga, wabyitwaramo ute? Iki ni...
Read moreAmatora yo kuzuza mu Turere twa Kayonza na Bugesera yagenze neza
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ikomeje igikorwa cy’amatora yo kuzuza imyanya itorerwa itarimo abantu. Nyuma yo kuzuza imyanya yo mu Nama Nkuru y’Igihugu...
Read more